Hagiye gutorwa abayobozi mu myanya isaga ibihumbi 13 barimo abo mu turere icyenda
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko nyuma y’umuganda usoza ukwezi k’Ukwakira, hateganyijwe amatora yo kuzuza imyanya yaburagamo abayobozi mu nzego z’ibanze kuva ku rwego rw’umudugudu kugeza [more…]