Kuri uyu wa mbere taliki 02 kamena 2025, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rwongeye kwibutsa abanyarwanda gukomeza kwitondera abanyamahanga babizeza ibitangaza...
familymag
Bamwe mu baturage bo mu bice bya Mpazi na Gahanga, mu Mujyi wa Kigali, barashimira Leta y’u Rwanda yabashyikirije inzu...
Abatuye hafi y'imbago za CIMERWA baravuga ko intambi zituritswa n'uru ruganda rwa sima zibateye impungenge zikomeye. Haravugwa inzu zisenyuka buhoro...
Kuri uyu wa Kabiri, Kosmotive yizihirije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe isuku mu gihe cy’imihango mu gikorwa cyabereye mu karere ka Musanze,...
Abahinzi b’urusenda bibumbiye muri Koperative KABOKU, bakorera mu kagari ka Kagitumba, umurenge wa Matimba mu karere ka Nyagatare, baravuga ko...
Muri iki gihe,mu Rwanda, ifumbire mvaruganda iri gukoreshwa cyane mu buhinzi hagamijwe kongera umusaruro no kwihaza mu biribwa. Kubera ibyo,...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Hon. Uwimana Consolée, yasabye Abanyarwanda gukomeza kwimakaza indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo urukundo rw’igihugu, umurimo n’ubupfura, mu...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rurasaba abaturage bose kugira uruhare mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu miryango, rubasaba kutaripfukirana ahubwo bagatanga amakuru...
Kuri uyu wa kane tariki 15 gicurasi 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwasubije abaturage telefoni 332 zifite agaciro ka miliyoni...
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbere imibereho myiza y’abaturage n’imiryango, ibivugwa na bamwe mu baturage bo mu murenge wa...